TTS 1_2
stringlengths 7
10
| ntivuga ko Nehemiya yakoreye umugabo wa Esiteri umwami Ahasuwerusi ahubwo yakoreye uwamusimbuye.
stringlengths 20
180
| Unnamed: 2
float64 |
|---|---|---|
TTS 20_10
|
Iyo nkera yakurikirwaga no kuremera amashyo umusore warongoye byakorwaga na Se
| null |
TTS 20_11
|
Iyo nkumbuye abana njya kubasura nkanatanga amafaranga yo kubatunga ariko numva nararuhutse pe !”.
| null |
TTS 20_12
|
Iyo nkuru y’incamugongo yayimenye abyutse , akabona habaye impinduka kuri gahunda y’umukunzi we
| null |
TTS 20_13
|
Iyo nsubije amaso inyuma numva nari nkeneye umuntu wo kwizerwa nabwira ibindi ku mutima.
| null |
TTS 20_14
|
Iyo nyubako yaguzwe na Karemera ku mafaranga agera kuri miliyari zirindwi.
| null |
TTS 20_15
|
Iyo nzira y’umusaraba yatangiye sa tatu n’igice za mu gitondo irangira saa munani n’igice
| null |
TTS 20_16
|
Iyo nzu yaguzwe n'iyo banki ntabwo yigeze igurwa n’undi muntu uwo ari we wese
| null |
TTS 20_17
|
Iyo nzu yahinduwe nyuma y’uko Umujyi wa Kigali wari ukeneye ahantu hamurikirwa amateka y’ubugeni n’ubuhanzi
| null |
TTS 20_18
|
Iyo nzu yahise isenyuka ariko hari ababashije kuyisohokamo ari bazima.
| null |
TTS 20_19
|
Iyo raporo igaragaza ko ubucukuzi bufatiye runini iterambere ry’u Rwanda.
| null |
TTS 20_20
|
Iyo raporo ivuga ko bamwe mu basivili bagiye bicwa urubozo harimo n'abagaciwe bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina
| null |
TTS 20_21
|
Iyo twumvise ubutane , twibwira ko biterwa n'uko abantu batashoboye kumvikana ku by'ingenzi
| null |
TTS 20_22
|
Iyo ufite abana umunani cyangwa barenga, ntubabonera iby'ingenzi bakabaho nabi, bakagwingira, ntibanige.
| null |
TTS 20_23
|
Iyo ugeze mu bice by’amayaga usanga imyumbati yareze kuko abaturage baba bayanitse
| null |
TTS 20_24
|
Iyo ugeze mu kagari ka Ramiro uhura n’urujya n’uruza rw’abaturage bikoreye imitwaro y’inkwi
| null |
TTS 20_25
|
Iyo uje muri kirisitu akwereka kandi akaguha ibirenze ibyo wari usanganywe.
| null |
TTS 20_26
|
Iyo umugabo amenye ko afitiwe icyizere n'umugore we, arushaho kumwifungurira
| null |
TTS 20_27
|
Iyo umuntu ambwiye atyo mpita ntekereza ko bitakunda ko atamfata ngo amperane
| null |
TTS 20_28
|
Iyo umwitegereje ubona ubu burwayi bwo kubyimba umunwa bugenda busatira igice cyo mu maso
| null |
TTS 20_29
|
Iyo unyura kuri icyo kiraro ubonaho imyenge myinshi yazanywe no kwangirika kw’imbaho.
| null |
TTS 20_30
|
Iyo uri muri Afurika, uba wumva ko waribwa n'inzoka n'ibinyamunjonjorerwa.
| null |
TTS 20_31
|
Iyo uvuze ngo abandi bakora gutya Bitera ikibazo gikomeye rero mwirinde kujya mubivuga.
| null |
TTS 20_32
|
Iyo uyu musore abyumvise, ahita amwoherereza amafaranga ngo ajye kwivuza, ayo akaba arayariye.
| null |
TTS 20_33
|
Iyo wambaye utwenda dukurura uwo mugiye kurarana bimutera kumererwa ukundi kuntu
| null |
TTS 20_34
|
Iyo wambitswe iyi mpeta urataha nyuma y'iminsi irindwi ugasubira kwa muganga bakayigukuraho
| null |
TTS 20_35
|
Izabera mu Ishuri rya gisirikare riherereye mu majyaruguru ya Afurika y’Epfo
| null |
TTS 20_36
|
Izi kamera zifata amashusho agaragaza ko igitego cyinjiye mu izamu, zikayohereza muri ya mashini.
| null |
TTS 20_37
|
Izi mbwa, zituma nta mwana bagituma ku irembo bumaze kwira kuko batinya ko zibarya.
| null |
TTS 20_38
|
Izi mvugo z’abareba ikimansuro zigaragaza ko atari umurimo abantu bose bishimira
| null |
TTS 20_39
|
Izi ndege yaguze ni zimwe muzizayifasha kugera ku ntego yayo.
| null |
TTS 20_40
|
Izi ngorane zose ngo zituma bigorana ko umuntu ukora inkweto yakora nyinshi mu gihe gito
| null |
TTS 20_41
|
Izi nzibutso zandikishijwe zifite umwihariko w’amateka agaragaza Jenoside yakorewe Abatutsi
| null |
TTS 20_42
|
Izi zose zikaba zizaba ziri kuri Alubumu ye nshya yise Rapu nyayo.
| null |
TTS 20_43
|
Izihari ni izihimbaza Imana gusa, ariko alubumu ndi nkora ubu izaba iriho iz’urukundo .
| null |
TTS 20_44
|
Izina "Rukazamacumu" baryita umuntu bifuriza kuzaba intwari yitwaje icumu ku rugamba.
| null |
TTS 20_45
|
Izina Isirayeli risobanura Umwana w’Imana kandi numvise nta cyandutira kuba umwana wayo
| null |
TTS 20_46
|
Izizemererwa gukoresha ubu buryo zizashyirwaho akamenyetso kerekana ko zizaba zamaze kugenzurwa.
| null |
TTS 20_47
|
Izo mpombo z’amazi zanyujijwe mu mirima y’abaturage bo mu murenge wa Musenyi
| null |
TTS 20_48
|
Izo ndege ebyiri nto zahise ziraswa, abasirikare bari mu karasisi baratatana.
| null |
TTS 20_49
|
Izo ni inkweto zo mu bwoko bwa sandali yakoze kandi zikunzwe cyane mu Rwanda
| null |
TTS 20_50
|
Izo nkweto bazigurishiriza mu Karere ka Gatsibo aho bakorera ariko ngo banazicururiza mu mujyi wa Kigali
| null |
TTS 20_51
|
Izo noti ni nazo za mbere mu mateka y’icyo gihugu zizaba zifite ibimenyetso bifasha abantu batabona
| null |
TTS 20_52
|
Izo nshuro zose bateye, biruka basubira mu Burundi bikoreye ibyo bibye.
| null |
TTS 20_53
|
Izo serivisi zigiye gutangizwa mu Rwanda ngo ibura ryazo ryatezaga igihombo
| null |
TTS 20_54
|
baherutse gutangaza ko batakiri inshuti nubwo babyaranye.
| null |
TTS 20_55
|
Jamusi ntiyifuzaga ko hagira n'umwe mu nshuti ze umenya ko yacuruzaga ibiyobyabwenge
| null |
TTS 20_56
|
ntibazatandukana muri uyu mwaka nubwo bavugwaho gucana inyuma
| null |
TTS 20_57
|
yavuze ko hari ibindi birindiro bizashingwa mu ntangiriro z’icyumweru gitaha.
| null |
TTS 20_58
|
arateganya kuzaza mu Rwanda kubiganiraho n’ abayobozi bakuru ngo arebe ko bazamuha Kaberuka
| null |
TTS 20_59
|
Janete Kagame yasabye bagenzi be bitabiriye iyi nama gufasha urubyiruko kubona serivisi z’ubuzima
| null |
TTS 20_60
|
Jerome niwe wiyemeje kumukorera inkweto ukurikije uko nyir’ubwite abyifuza.
| null |
TTS 20_61
|
ni yo ihagarariye ako agace mu ntara y’amajyepfo y’igihugu cya Maroke
| null |
TTS 20_62
|
Jonata arasaba guhungishirizwa kure kugira ngo aba bagabo batazamwivugana ariko ubutabera bwateye utwatsi icyifuzo cye
| null |
TTS 20_63
|
Joze yashimye ko hari intambwe yatewe mu gucunga neza umutungo wa leta
| null |
TTS 20_64
|
Jule Sentore yatangiye kwita kuri Inosenti agitwite, amuvana iwabo amukodeshereza inzu
| null |
TTS 20_65
|
batandukanye nyuma yo kwerekana amafoto yabo baryamanye
| null |
TTS 20_66
|
Jya wambara neza kandi urangwe n'isuku kuko uko wambara n'uko wirimbisha bimeze nk'indangururamajwi
| null |
TTS 20_67
|
Jyewe na Bobo ubu turi inshuti ariko mbere ntitwakundana
| null |
TTS 20_68
|
Jyewe nibwo mbyumvise kuko nabiherukaga igihe inteko Ishinga Amategeko yabitoraga ariko bitaremezwa
| null |
TTS 20_69
|
Kabanda yakomeje agira ati « ubonaho amazina y’abafotoye n’abashushanyije amashusho mbarankuru n’igihe n’aho byakorewe
| null |
TTS 20_70
|
Kabano yitaye kuri Teta bikomeye, ku buryo aza ku mwanya wa mbere mu bantu bamusuraga muri gereza
| null |
TTS 20_71
|
Kabila yavuze ku bigaragara nk’imyigaragambyo ikorwa na Kiliziya Gatolika mu gihugu cye.
| null |
TTS 20_72
|
Kagabirwa Aneti yaravuze ati :“Ibitera, impongo n’ingurube biratwonera urebye nta kintu tuzasarura."
| null |
TTS 20_73
|
Kagabo yabonaga ari ngombwa ko Isugi itsinda urwo rubanza
| null |
TTS 20_74
|
Kagabo , Umuyobozi w'akarere akwiye kwigisha avoka w'umujyi we uko bakora raporo
| null |
TTS 20_75
|
Kagabo yasobanuye ko aya makuru azajya agera ku bahinzi hifashishijwe telefoni
| null |
TTS 20_76
|
Kagame Pawulo wacu ni intore izirusha intambwe utamushima ni uko ari indashima.
| null |
TTS 20_77
|
Karoli yahisemo kuzibera “Mpagazehe” cyangwa “Bamporiki” kandi ariwe nyirabayazana.
| null |
TTS 20_78
|
Kagame mu mpanuro yatanze yavuze ko iterambere nta muntu uriha undi mo impano uretse kurikorera ngo rigerweho
| null |
TTS 20_79
|
Kalira aramusubiza ati "ibyo unsabye byose ndabigukorera, ariko nanjye icyo ngusaba unyemerere ukimpe" .
| null |
TTS 20_80
|
Kaminuza y’u Rwanda ivuga ko izi nyubako zizatangira kwigirwamo mu kwezi gutaha
| null |
TTS 20_81
|
Kaminuza zishyirwa ku rutonde hakurikijwe uburyo zigaragaza ibikorwa byazo ku mbuga za murandasi
| null |
TTS 20_82
|
Kanakuze yavuze ko mbere y’uko yitaba Imana n’ubundi wabonaga Liliyane afite intege nke
| null |
TTS 20_83
|
Kanda hano maze wumve indirimbo yitwa Rwanda nziza yafatanyije na Masamba Intore.
| null |
TTS 20_84
|
Kanda hano urebe andi mafoto ya Perezida Kagame mu nama yabereye i Parisi.
| null |
TTS 20_85
|
Kanda hano urebe ukuntu umutima wamuriye ,asomana n’undi mukobwa Zuwena ahari!!!!!!.
| null |
TTS 20_86
|
Kanda hano urebe videwo yafashwe umunsi Samwel yari arimo yicwa n’ako gatsiko
| null |
TTS 20_87
|
Kanda hano usome amabwiriza Umujyi wa Kigali washyizeho, ajyanye no guca abacururiza mu muhanda.
| null |
TTS 20_88
|
Kanda hano wumve indirimbo dutarame yaririmbanye na Sentore.
| null |
TTS 20_89
|
Kanda hano wumve indirimbo nshya ya "Ndi mu rukundo" y'umuhanzi Kane .
| null |
TTS 20_90
|
Kanda hano wumve indirimbo yahimbye agendeye ku rukundo yakundanaga na Babula.
| null |
TTS 20_91
|
Kandi abavuga batyo nta yindi gihamya bafite uretse ibitekerezo biri mu mitwe yabo.
| null |
TTS 20_92
|
Kandi bavuga ko byaberaga muri Sudani y’Epfo ko bitari gutera imvururu mu Rwanda
| null |
TTS 20_93
|
Kandi kubera ubushobozi butandukanye bafite, nashatse ko abantu bose binjira ku buntu kugirango bumve ubutumwa.
| null |
TTS 20_94
|
Kandi muzabibona amaherezo abagize uruhare mu iyicwa ryabo bavandimwe babiri tuzabamenya.”
| null |
TTS 20_95
|
Kandi ndababwira y'uko ijambo ryose ry’impfabusa abantu bavuga, bazaribazwa ku munsi w’urubanza
| null |
TTS 20_96
|
Kandi ngo iyo umwana agwingiye ku mubiri, agwingira no mu bwenge.
| null |
TTS 20_97
|
Kandi ngo leta ifite inzego zihagije zo kwubahiriza uburenganzira bwa muntu.
| null |
TTS 20_98
|
Kandi ni ikintu cyakemuka ku buryo bworoshye duhinduye imibereho y’abantu.
| null |
TTS 20_99
|
Kandi nshyira impeta ku zuru ryawe n’impeta zo ku matwi, n’ikamba ryiza ku mutwe wawe
| null |
TTS 20_100
|
Kanimba, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda ni we wabimburiye abandi mu kwita Ingagi izina
| null |
TTS 20_101
|
Kankwanzi avuga ko ibi biterwa n’uko usanga urubyiruko rutazi kwihangira imirimo
| null |
TTS 20_102
|
Kanobana avuga ko imyanzuro yafashwe na Njyanama ari uko uzajya afatwa acuruza imiti yarengeje igihe azabihanirwa
| null |
TTS 20_103
|
Kanseri y'inkondo y'umura iterwa n'agakoko ka virusi kitwa yumani Papiloma
| null |
TTS 20_104
|
Kanyankore yavuze ko Jenoside yakoranywe ubugome ndengakamere, kuko abayikoraga bashakaga kwica n’ahazaza h’igihugu
| null |
TTS 20_105
|
Kabaranga yarababajije ati “Muribuka ko ejo bundi habayeho ihagarikwa ry’umusirikare mukuru w’u Rwanda waharaniye kwibohora?
| null |
TTS 20_106
|
Karangwa yozefu ukora muri kompanyi niwe wayikoze
| null |
TTS 20_107
|
Karangwa yiyitiriye ko agiye kongorera, ariko avuga cyane bihagije, kugira ngo umuntu wese yumve iby'ubwo ubutane
| null |
TTS 20_108
|
Karega yaravuze : Tumaze guhuza iyo nzu y’amateka na Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside
| null |
TTS 20_109
|
Karekezi ni umugabo wubatse afite umugore n’abana bane
| null |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.